Abanyamerika hafi kimwe cya kabiri barimo kubabanya kunywa inzoga – Dore ibimenyetso by’uko ushobora kuba ukeneye kugabanya
Nk’uko ubushakashatsi bwa Gallup bwo mu 2025 bubigaragaza, hafi kimwe cya kabiri cy’Abanyamerika barimo kugerageza kugabanya inzoga banywa. Ibi byerekana…
Knowless yahishuye uko abantu batizeraga urushako rwe na Clément, none bamaze imyaka 10 babana
Umuhanzikazi Butera Knowless yahishuye amagambo atangaje ku rugendo rw’urukundo rwe na Clément Ishimwe, agaragaza ko hari benshi batigeze babifuriza amahirwe…
Trump yahagaritse gutanga viza z’abantu baturutse mu bihugu 75, birimo n’ u Rwanda
Ubuyobozi bwa Perezida Donald Trump bwatangaje ko buzahagarika by’agateganyo gutanga viza z’abimukira (immigrant visas) ku baturage baturutse mu bihugu 75…
Abanya-Kenya batangajwe n’imodoka ya mbere ya Tesla Cybertruck igeze muri Kenya
Abaturage ba Kenya barimo gutungurwa bikomeye n’imodoka idasanzwe ya Tesla Cybertruck, ya mbere igaragaye muri icyo gihugu. Iyi modoka yagejejwe…
Butera Knowless atangaza ibanga ryamufashije kuguma agaragara neza no kudasaza
Umuhanzikazi w’icyamamare mu muziki nyarwanda, Butera Knowless, yatangaje ko kwitwara neza, kwikunda ndetse no kwirinda ibintu bimushyira mu ntambara n’umunaniro…
Umuhanzi Prosper Nkomezi yambitse impeta umukunzi we Retina Nkurunziza
Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Prosper Nkomezi, yongeye kuvugisha benshi nyuma yo gutangaza inkuru ishimishije ijyanye n’ubuzima bwe…
Urugendo rukomeye rwa Bruce Melodie mu muziki rwatumye yumva yarira iyo arwibutse
Umuhanzi Bruce Melodie uri mu bafite izina rikomeye mu muziki nyarwanda yatangaje ko urugendo rwe mu muziki rutigeze ruba rworoshye…
Abakinnyi ba filime b’ibyamamare Meagan Good na Jonathan Majors bahawe ubwenegihugu bwa Guinée
Abakinnyi ba filime b’Abanyamerika b’ibyamamare, Meagan Good na Jonathan Majors, bageze muri Repubulika ya Guinée, igihugu cyo muri Afurika y’Uburengerazuba,…
FC Barcelona yanditse amateka mashya: Spanish Super Cup inshuro ebyiri zikurikiranye itsinze Real Madrid 3:2
Mu mwaka wa 2026, ikipe ya FC Barcelona yongeye gushimangira izina ryayo rikomeye mu mupira w’amaguru wa Espagne nyuma yo…
Michel Kuka Mboladinga yahembwe na Perezida wa DRC, Félix A.Tshisekedi nyuma yo gushimisha Afurika muri AFCON 2025
Igihangange mu bafana ba AFCON 2025, Michel Kuka Mboladinga, cyanditse amateka adasanzwe nyuma yo gushimisha Afurika yose kubera igikorwa cy’icyubahiro…
