Dore Uburyo bwo Gukoresha Amafaranga Neza
Gukoresha amafaranga neza ntibisaba kuba umukire cyangwa gushora imari mu buryo buteye ibyago. N’iyo winjiza make, ushobora kwiga kuyacunga neza…
Urukiko rwo muri Tunisia rwakatiye umudepite
Uyu mudepite yashinjwe gukoresha imbuga nkoranyambaga mu buryo bunyuranyije n’amategeko, mu gihe igihugu cyari gikomeje guhangana n’ingaruka z’imyuzure iherutse guhitana…
Ubufaransa bwemeje ko bwohereje abasirikare mu burasirazuba bwa DRC
Ubufaransa bwemeje ko bamwe mu basirikare bakuru babwo bari mu Ntara ya Tshopo, mu mujyi wa Kisangani, aho bari gutanga…
Umwami Charles III yavuze ku ifungwa rya murumuna we Prince Andrew
Umwami w’Ubwongereza, Charles III, yatangaje ko “amategeko agomba gukurikizwa” nyuma y’ifatwa rya murumuna we, Prince Andrew, Duke of York, uherutse…
Dore uko wagenzura babakurikirana kuri Facebook
Mu gihe imbuga nkoranyambaga zikomeje gukoreshwa n’abatari bake ku isi, urubuga rwa Facebook rwatangaje ko rukomeje korohereza abakoresha barwo kugenzura…
2025-26: APR FC ikomeje kugorwa no gutsinda, mu gihe Police FC na yo itari mu bihe byiza
Shampiyona ya 2025-26 ikomeje gutanga ishusho idasanzwe ku makipe akomeye mu Rwanda, aho APR FC imaze imikino itanu idatsinda Police…
U Rwanda rwashyizeho umucyo ku byerekeye Monetization ya TikTok mu Rwanda
Minisiteri y’Ikoranabuhanga mu Itumanaho na Inovasiyo (MINICT) yatangaje ko amakuru amaze iminsi akwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga avuga ko u Rwanda…
Minisiteri y’Uburezi yasubije abavuga ko ‘AI’ ikurura ubunebwe mu mashuri
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi, Irere Claudette, yatangaje ko kwinjiza ubwenge buhangano “AI” (Artificial Intelligence) mu burezi bw’u Rwanda…
Hadja Lahbib yagiriye uruzinduko i Goma, ahura na Corneille Nangaa
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 20 Gashyantare 2026, Komiseri w’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi, Hadja Lahbib, yagiriye urugendo rw’akazi mu…
Amakuru mashya muri Arsenal: Kai Havertz, Martin Odegaard na Leandro Trossard
Umutoza wa Arsenal FC, Mikel Arteta, yatangaje uko abakinnyi be Kai Havertz, Martin Odegaard na Leandro Trossard bahagaze mbere y’umukino…
