Rayon Sports Yakiriye $70,000 mu Bufatanye na Jayrutty Investment East Africa
Ikipe ya Rayon Sports F.C. yakiriye amafaranga angana na $70,000 (asaga miliyoni 102 z’amafaranga y’u Rwanda), nk’igice cy’amasezerano y’ubufatanye ifitanye…
FARDC ikomeje kongererwa ubushobozi n’amahugurwa atangwa n’ibihugu bitandukanye
Igisirikare cya Armed Forces of the Democratic Republic of the Congo (FARDC) kirimo kongererwa ubumenyi n’ubushobozi biciye mu mahugurwa atangwa…
Abanyamulenge bashimiye perezida w’u Burundi ku muhate we mu gushakira amahoro RDC
Umukuru w’Igihugu cy’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, akaba ari na we uyoboye Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe muri iki gihe, yakiriye…
Samsung igiye guhagarika icuruzwa rya Galaxy Z TriFold nyuma y’amezi atatu ishyizwe ku isoko
Sosiyete y’ikoranabuhanga ya Samsung yatangaje ko igiye gukura ku isoko telefoni yayo ya Galaxy Z TriFold, nyuma y’amezi atatu gusa…
Mutoni Assia yatashye i Kigali nyuma y’imyaka ine yari amaze aba muri Amerika
Umunyarwandakazi Mutoni Assia, uzwi cyane muri filime nyarwanda, wari umaze imyaka ine aba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yageze…
Arsenal izahura na Sporting muri ¼ cya UEFA Champions League
Ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza yamaze kumenya ko izahura na Sporting CP yo muri Portugal mu mikino ya ¼…
CAF yambuye Senegal igikombe cya Afurika 2025 igiha Morocco
Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) yatangaje ko yambuye Ikipe y’Igihugu ya Senegal igikombe cya Afurika cya 2025, igiha Morocco…
Element EleéeH agiye gusohora album ya mbere iriho Kizz Daniel
Umuririmbyi nyarwanda Element EleéeH umaze kumenyekana cyane mu muziki wa Afrobeats no mu gutunganya indirimbo, yatangaje ko ari mu myiteguro…
Impamvu zishobora gutuma umukunzi wawe agaragara nk’uwarambiwe urukundo rwanyu
Mu rukundo, hari igihe ibintu bihinduka buhoro buhoro umuntu atabizi, kugeza ubwo umwe mu bakundana atakigaragaza amarangamutima nk’uko byahoze. Hari…
Goma: Nyuma y’urupfu rw’umufaransakazi FARDC na Wazalendo bari hafi y’umujyi
Umujyi wa Goma mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ukomeje kubamo impagarara zikomeye nyuma y’igitero cya drone cyahitanye…
