Nyuma yuko Mutoni Assia agarutse mu Rwanda, bivugwa ko hari gutegurwa umushinga wa filimi uzamuhuza na Antoinette
Nyuma y’igihe ari hanze y’u Rwanda, umukinnyi wa filimi Mutoni Assia yamaze kugaruka mu gihugu, aho amakuru aturuka mu myidagaduro…
Doja Cat imyambarire ye muri BK Arena yatangaje abakunzi b’umuziki
Umuhanzikazi w’icyamamare ku rwego mpuzamahanga Doja Cat yataramiye abakunzi b’umuziki i Kigali muri BK Arena, mu gitaramo cyitabiriwe n’imbaga y’abafana…
Apple yaguze sosiyete itunganya porogaramu z’amashusho ya MotionVFX
Ikigo cy’ikoranabuhanga cya Apple cyaguze sosiyete ikora porogaramu zitunganya amashusho yitwa MotionVFX, ikaba ifite icyicaro gikuru i Warsaw muri Poland.…
Amerika yicaje Kigali na Kinshasa ibasaba kubahiriza amasezerano y’amahoro
Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ibinyujije muri Minisiteri yayo y’Ububanyi n’Amahanga, yakiriye ibiganiro byahuje intumwa z’u Rwanda na Repubulika Iharanira…
Rayon Sports Yakiriye $70,000 mu Bufatanye na Jayrutty Investment East Africa
Ikipe ya Rayon Sports F.C. yakiriye amafaranga angana na $70,000 (asaga miliyoni 102 z’amafaranga y’u Rwanda), nk’igice cy’amasezerano y’ubufatanye ifitanye…
FARDC ikomeje kongererwa ubushobozi n’amahugurwa atangwa n’ibihugu bitandukanye
Igisirikare cya Armed Forces of the Democratic Republic of the Congo (FARDC) kirimo kongererwa ubumenyi n’ubushobozi biciye mu mahugurwa atangwa…
Abanyamulenge bashimiye perezida w’u Burundi ku muhate we mu gushakira amahoro RDC
Umukuru w’Igihugu cy’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, akaba ari na we uyoboye Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe muri iki gihe, yakiriye…
Samsung igiye guhagarika icuruzwa rya Galaxy Z TriFold nyuma y’amezi atatu ishyizwe ku isoko
Sosiyete y’ikoranabuhanga ya Samsung yatangaje ko igiye gukura ku isoko telefoni yayo ya Galaxy Z TriFold, nyuma y’amezi atatu gusa…
Mutoni Assia yatashye i Kigali nyuma y’imyaka ine yari amaze aba muri Amerika
Umunyarwandakazi Mutoni Assia, uzwi cyane muri filime nyarwanda, wari umaze imyaka ine aba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yageze…
Arsenal izahura na Sporting muri ¼ cya UEFA Champions League
Ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza yamaze kumenya ko izahura na Sporting CP yo muri Portugal mu mikino ya ¼…
